AMAKURU IMYIDAGADURO

Weasel agiye kuza i Kigali kwa Sebukwe kubasaba imbabazi nyuma yo kuba yarabakubitiye umwana

Weasel agiye kuza i Kigali kwa Sebukwe kubasaba imbabazi nyuma yo kuba yarabakubitiye umwana
  • PublishedOctober 19, 2023

Umuhanzi Weasel ategerejwe i Kigali aho byitezwe ko azasura bwa mbere kwa Sebukwe, akanakora izindi gahunda z’umuryango we kuko azaba ari kumwe n’umugore we Teta Sandra.

Amakuru twamenya ni ko mu Ugushyingo uyu muryango uzaba ari i Kigali.

Yavuze ko uretse gahunda zo gusura kwa Sebukwe, Weasel anifuza kuzenguruka mu bitangazamakuru by’i Kigali amenyekanisha ibihangano bye bizaba biyobowe n’indirimbo ye nshya yise ‘More time’.

Bizaba ari ubwa mbere Weasel ageze i Kigali kuva yatangira gukundana na Teta Sandra bamaze kubyarana abana babiri mu gihe cy’imyaka itanu bamaranye.

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *