IMYIDAGADURO

Safi madiba wa mamaye mu muziki nyarwanda ashobora kuba atishimiye ko uwahoze ari umu gore we Judy The Boss Lady atwite inda itari iye

Safi madiba wa mamaye mu muziki nyarwanda ashobora kuba atishimiye ko uwahoze ari umu gore we Judy The Boss Lady atwite inda itari iye
  • PublishedSeptember 28, 2023

Uwizeyimana Judithe wamamaye nka Judy The Boss Lady wahoze ari umugore wa Safi Madiba, ubu atwite inda nkuru y’umusore w’umuzungu bari mu rukundo.

Uyu musore w’umuzungu anaherutse kwambika impeta Judithe amasaba ko babana akaramata maze nawe ntiyamuhakanira, arayambara.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Judithe yashimiye Imana n’umukunzi we ku kuba agiye kwibaruka.

Yagize ati “Warakoze Mana ineza n’ubuntu wanjyiriye nanjye sinagenda ntagushimiye nawe King Dustin ndagushimiye Imbere y’Imana imbere y’Ababyeyi, inshuti, n’umuryango ndetse n’isi yose ibyunve warakoze.”

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *