AMAKURU

N’akumiro Ghana umwarimu yateye inda abanyeshuri 24 abarimu 4 numuyobozi w’ikigo

N’akumiro Ghana umwarimu yateye inda abanyeshuri 24 abarimu 4 numuyobozi w’ikigo
  • PublishedJune 1, 2023

Nikenshi tugenda twumva ibintu rimwe narimwe tukabifata nkibitangaza,gusa kuri iyinshuro ni inkuru mpamo dore ko yabaye kimomo.
Aho abanyarwanda babonye umugabo ukunda abagore cyane bakamwita imfizi y’umurenge.

Kuri ubu inkuru ishyushye ni iyo mu gihugu cya Ghana aho havugwa umusore wimenyerezaga umw’uga w’ubwarimu (stage) maze agatera inda abakobwa 24 Bose Icyarimwe.

Inkuru si uko yabashije gushuka abana b’abakobwa yigishaga icyatumye abantu bacika ururondogoro ni uko muri abo 24 yateye inda harimo n’umuyobozi w’ikigo (directrice) ndetse n’abandi barimukazi 4 bakoraganaga nawe.

Nubwo mu benshi bakomeje kumuha urwamenyo bavuga ko igikorwa yakoze Ari icyo ububwa ariko ashobora kwandikwa mugitabo cy’abaciye uduhigo ku isi cyizwi nka Giness de record nk’umugabo wateye inda abagore benshi mugihe gito.uretse aba banyeshuri uyu musore yabashije gushuka umuyobozi we n’abarimu 4 Bose bisanga yabateye inda.

Impamvu nubwo aba 24 aribo bagaragayeko batwite ariko bivugwako yaba yarasambanyije abarenga 100 mu kigo hakaba abatari bari no mugihe cy’uburumbuke ngo babe basama,abandi bakaba baragize ipfunwe ryokubivuga

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *