AMAKURU

Kimisagara: umugabo yafatiwe mukamashu”asambana”

Kimisagara: umugabo yafatiwe mukamashu”asambana”
  • PublishedJune 1, 2024

Akagari ka Kimisagara mu murenge wa Kimisagara, umugore yifatiye umugabo we bari bamaranye imyaka 15 babyaranye abana 6, asambana n’undi mugore nawe wari ufite undi mugabo kuruhande.

Umubyeyi Lydivine MUREKATETE, avuga ko yabifatiye akababonesha amaso ye. mu magambo ye yagize ati” ngewe ndinjiye tubyiganiye hano kurugi mpita mpamagara abntu ndinjira ngezemo imbere umugore yari yambaye ubusa ahita akenyera ishuka vuba vuba, umugabo ankubita ingumi ndadandabirana ndasohoka mpita naka ingufuri ndabakingirana.

Umugabo wakingiranywe nyuma yo gufatwa asambana n’undi mugore

Yakomeje avuga ko ari ingeso ye nubusanzwe kuko bari bamaze gutandukana inshuro 7, ubu hakaba hari hari hashize ibyumweru 2 gusa biyunze. Yamaze kumenya ko mukeba we uwo atari murugo rwe niko kujya aho umugabo wabo yari yarakodesheje abangana bari muri gahunda zabo zisanzwe.

MUREKATETE we icyo ngo yifuza ni ubutabera kukouretse kuba ariwe mugore w’isezerano yari yarareganye n’uwo mugabo we RIB ngo  irabizi kuko ngo ariho bari bamufunze ku kirego cyo guta urugo no kutita kubana, gusa tuza kumvikana icyo azajya akora. kandi ngo arifuza ko uyu mugabo yasukura izina rye yangije uko ngo kwa nyirabukwe baziko umugore ariwe ariwe wananiranye.

kuruhande rw’uyu mugore wasambanaga nawew umugabo we yatangarije BTN TV ko ntacyo bimubwiye bakwikomerezanya n’uwo barikumwe munzu.

abaturage bo bavuze ko uko ari ugusebya ababyeyi, abandi nabo murwenya bati”abari munzu nibakomezanye n’abari hanze bakomezanye.”

Written By
fidelia nimugire

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *