AMAKURU

Kigali: gusenya amazu yabatuye mu manegeka birimo gutuma abana ba bakobwa baba indaya

Kigali: gusenya amazu yabatuye mu manegeka birimo gutuma abana ba bakobwa baba indaya
  • PublishedOctober 12, 2023

Ejo tariki 11 ukwakira 2023 nibwo hijihijwe umunsi mpuza mahanga wu mukobwa, murwanda wizihirijwe mukigo cyama shuri yaba kobwa fawe giherereye ya bakobwa mukarere ka gasabo umujyi wa kigali 

Bamwe mubakobwa barangije kwiga bahaye ubuhamya bagenzi babo bakiga nabandi batari uko biteje imbere bakoresheje imyuga myinci itandukanye.

Kandi aba kobwa bagaragaje ko abyeyi babo batabaganiriza kubuzima bwi myororokere bituma baterwa inda aribato.

Kuruyu muns kandi umwe mu miryango irwanya icuruzwa ryabantu mu rwanda (Ejo twifuza) watangajeko mubihe urwanda rurimo byibiza no gusenyera abatuye mu manegeka bituma icuruzwa ryabana babakobwa ryiyongereye.

Umubozi wa (Ejotwifiza) ngarukiye jack yagaragaje impanvu iricuruzwa ryiyongereye murwanda ati “byariyongereye kuberako uko murwanda hari ibihe byibiza no kwimura abatuye mu manegeka byateje ihungabana mu miryango , nabamwe mubana baba kobwa bita kuri barumuna babo kuburyo bakora ibishoboka byose ngobabone akazi numuntu ubabwiyeko agiye kubaha akazi mumhango ababeshya biroroha.

Ati umubare wabacuruzwa wiyongereye kukigero cya 14% ugereranyije nambere yuko ibiza no kwimura abatuye mu manegeka biza.

Akomeza avugako kuva mumwaka wa 2019 kuge ubu  umuryango ayoboye umaze kugaruza abagera kuri 224 kuva 2019kugera ubu. ”

Evalist murwanashaka umuyobozi wumuryango uharanira uburenganzira bwa muntu (cladho) nawe yavuze ko impanvu abana babakobwa barimo guterwa inda kubwinci impanvu nuko bamwe iwabo hasenywe n’ibiza abandi bimuwe mu manegeka bikaba birimo gutuma biyongera.

Bamwe mu miryango  yasenyewe batashatse ko amazina yabo avugwa umwe ati “badusenyeye kuwa 5ariko nkabana bahano muri karitsiye aba bahungu ntibakiya kwiga batangiye kuba za marine birwa batoragura inyuma .akomeza agira ati aba bakobwa bo Aba fite imyaka nka 14 babaye indaya jye hari nutwana nzi rwose twamaze kuba indaya turatega hano hepfo mugatsata”.

Undi ati “jye abana bajye nago bakiga birwa bazerera umukuru we bamujyanye mu nzererezi igikondo kuko ntabwo ndabona ubushobozi bubasubiza mwishuri birakomeye”.

Uyumutsi kandi wizihirijwe FAWE ufite insanganya matsiko igira iti “UBURENGANZIRA BWACU EJO HEZA”.

Minisitiri w’umuryango mujawamariya valentine we avuga ati” dufite leta nziza ntigisumbanya abantu,ariko abana babakobwa bara cya hohoterwa gufatwa kugufu guterwa inda bituma ejo hazaza baba biteze hahindurwa nabyo kuba cikirije amashuri batarangije akomeza agira ati”nababuze uko basubira mwishuri nabasaba kwegera inego zibanze bakamufasha gusubirayo byihuse.

Kandi hagaragajwe ubwiyongere bwabangavu baterwa ok inda kuva 2019 Ubwincj bwabo bwari 23000, mu mwaka  2020 baga banutseho  baba 1900 mu mwaka wa 2021 umubare waratumbagiye urenga 23000.

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *