AMAKURU

Itangazo Rya police y’urwanda

Itangazo Rya police y’urwanda
  • PublishedMay 25, 2023

ITANGAZO rya Polisi y’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda iramenyesha abantu Bose bafite ibinyabiziga byabo bifungiye kucyicaro gikuru cya Polisi Kacyiru kubwimpamvu zitandukanye ko basabwe kuhagera kugira ngo hakemurwe ibibazo byatumye ibyo binyabiziga bifatwa.

Kugera ahafungiye ibyo binyabiziga bizatangira kuwa 25/05/2023 kugeza kuwa 6/06/2023, nyuma yicyo gihe abatazubahiriza iyi gahunda ibinyabiziga byabo bizatezwa cyamunara nkuko amategeko abiteganya.

  1. CP JB Kabera,
    Kigali kuwa 24/05/2023
Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *