AMAKURU

inkuru yagaciye !?

inkuru yagaciye !?
  • PublishedJune 20, 2024

Umunya Zibwabwe kazi wimyaka 40 yashyingiranywe n’Umuhunguwe wimyaka 23 yamavuko  mbereyuko hagira undi umu mutwara ibintu bitanejeje abaturanyi be nabayobozi be bahafi.

Uyu mugore witwa (betty mbereko) wo muntara ya Mwenezi mugace ka Masvingo komuri zimbabwe yabaye aravugwa ho kuba yarakundanye n’umuhunguwe bikagera naho gushyingiranwa.  Muminsi 4 ishize nibwo Betty mbereko yashyingiranwe n’umuhungu we witwa Farai mbereko.

Uyu mugore w’imyaka 40 yaramaze imyaka 12 ari Umupfakazi ariko abana n’Umuhunguwe  nk’umwana na mama we nubwo byari uko ariko byaje kugaragara ko babanaga nkumugabo n’umugore kuko Betty yaje kwemeza ko afite inda y’amezi atandatu kandi ar’iyumuhungu we Farai .

Yakomeje avuga kandi ko agomba gushyingiranwa n’muhungu we ntakabuza bakabana nk’umugore n’umugabo.

Betty yakomeje agira ati” nanze gushakana na murumuna w’uwahoze ari umugabo wange kuko yashakaga  kuza mu mitungo ntabwo byari urukundo” . Ati kandi nyuma yo gutanga amafranga menshi nita k’umuhungu wange mwishuri no  mubuzima busanzwe,  nyuma yuko umugabo wange apfuye ariwe Papa we ntawundi mugore wabimukoreye .

Ati” reba ukuntu nagowe ngenyine, mujyana ku ishuri nta numwe wamfashije ariko ubu yarangije amashuri afite n’akazi none murabwira ko nibeshye  kuba ngiye gushyingiranwa n’umuhungu wange. Mureke nisanzure mu  byavuye mu cyuya  cyange” uko niko yabwiye Umuyobozi wa Masvingo.

Uyu muhungu witwa Farai we avuga ko  ntakibazo na kimwa afite  ko ahubwo yiteguguye gukwera sekuru akamuha nizo ise yapfuye atarakwa mama we, ati kuko ndabizi ko data yapfuye afitiye ideni ry’ikwano sogokuru rero nzaryishyura ryose.

Rero nta kibazo ni byiza bigomba kumenyekana  abantu bakamenya ko aringe musore wambere wateye mama we inda nibwo nzaba ndinze isezerano nahaye mama wange.

Umuyobozi w’ikigiturage  Nathan Muputirwa  we yagize Ati” nti twakabaye twemera ko ibi bibera mu gace kacu mugihe cya kera ubundi aba twarabicaga  ariko ubu ntabwo twabica kubera ko dusigaye dutinya amategeko ariho kuko aya ni amahano pe “!

yakomeje asaba  Betty n’umuhunguwe  Farai ko bahagarika ubukwe  babyanga bakava mugiturage cya masvingo  nkunko Daily express yabivuze .

 

 

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *