SOBANUKIRWA

dore inyamanswa zitangaje kandi zinasekeje

dore inyamanswa zitangaje  kandi zinasekeje
  • PublishedJune 8, 2024

zimwe munyamanswa  zikora imikino ndetse zika nishima  nubwo twebwe abantu kwishimisha tubikora  nk’akazi kadutunze inyamanswa zo si uko m’ubuzima bwazo bwaburi munsi ziridagadura zigakina ariko zibivanga no guhiga ibizitunga rimwe narimwe zikabibura cyagwa zikaba arizo ziba umuhigo w’inini

inkende, ibitera, impundu,inkima n’izindi nyamanswa ziteye nkazo bigira ubwonko bwibuka cyane kuburyo ziba zibuka neza ibintu byabaye mumyaka 3 ishize ,iziba ahantu haboneka abantu ziragwaho urugomo cyane cyane inkende n’ ibitera…. zigakunda kwendereza abagore cyane kuruta ubagabo.

injagwe ,igwe,ibisamagwe ,ninyamanswa zikunda kugaragara  nkizigira isuku ubwitonzi no komboka iyo zibikiriye umuhigo wazo ,ariko nizo nyamanswa zihuta cyana zirukankana umuhigo wazo. kubantu  boroye injagwe bazi imikino ikina igamije kwi nezeza nko gusimbuka ,guhagarara n’amaguru abiri, kurira byagahinda no kugira isoni.

 

ifarashi iyiyo ifatwa nk’imodoka  yo mumyaka yashize na hamwe mubihugu bya aziya bakiyakoresha  umurimo wo kubatwaza imizigo  bagiye mu isoko na handi hatandukanye iyinyamaswa yiruka kumuvuduko munini hafi kunganya n’imodoka  iri kumuvuduko wa kirometero 80 ku isaaha ariko n’inyamaswa itozwa icyo gukora ikabikora neza kandi cyane .

ibwa yo iratangaje 100% ushobora kuba utoroye ibwa ariko uzibona mu baturanyi cyagwa uzunva ibwa irababara iyo uyibwiye nabi, irarira iyo uyikubise cyagwa ukayibuza kuguikurikira aho ugiye, iriga kugera kuri 50% by’ubwonko bwayo aho igera naho ishobora kurusha ubwenge umwana w’umuntu ufite ikigero cy’imyaka 4-6 itinda kwibagirwa irubaha ,niyo nyamanswa ikina n’abantu bidateye impungenge .

irimubwoko bw’imbeba  inyurizi ikinyi gitangaje igira ni amaso manini cyane n’amatwi manini ,ndetse niiyo ngenzi yayo zombi zira ibiti byumye imizi yabyo ibyatsi zikinda kwizirikaho urubyaro rwazo kuko aba ari duto cyane iyo tu tarakura noguhiga biba bigoye ,izindi nyamanswa zikunda kuzirya kuko zigira amagufa yoroshye.

 

kangaroo yo igira ibizigira binini kuburya ishobora guterura ibiro 10 iyo ihunga ibiyihiga ikoresha uburyo bwo gutaruka aho itaruka metero 8-10 z’umurambararo kandi yihuta cyane irya ibyatsi, imbuto ….

invubu iba mumazi n’imusozi irisha ubwatsi bwohafi yamazi  ,igira urwasaya runini kandi rukomeye cyane izindi nyamanswa zirayitinya kubera urwo rwasaya iyo uyirebye yasamye ugirango yatanyutse.

 

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *