AMAKURU

Abantu bajyaga babeshyera abagabo ko basambanyije abana bataruzuza imyaka y’ubukure kugira ngo babafungishe byasubiwemo ntabwo bizongera

Abantu bajyaga babeshyera abagabo ko basambanyije abana bataruzuza imyaka y’ubukure kugira ngo babafungishe byasubiwemo ntabwo bizongera
  • PublishedOctober 21, 2023

Abantu babeshyera abandi ngo basambanyije abana batujuje imyaka bigatuma bafungwa, ubu bahagurukiwe – RIB.

Ni kenshi cyane abantu babeshyerwa ko bakoze ibyaha bakabajyana muri RIB ndetse bagafungwa, ni ibintu byagiye bigaragara hirya no hino mu baturage ndetse no muri Showbiz Nyarwanda.

Urwego rw’ubushinjacyaha RIB rwatangaje ko hari abantu babagana babeshyera abandi ibyaha cyane cyane icyo gusambanya abana batujuje imyaka bigatuma bafungwa, RIB yatangaje igihe uwabeshye afunzwe nyuma akaza kugirwa umwere, nawe yemerewe kujya gutanga ikirego uwamubeshyeye akabihanirwa.

Ibi bintu byo kubeshye abantu ngo basambanyije abana batujuje imyaka y’ubukure ni ibintu byeze cyane muri Showbiz Nyarwanda.

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *