AMAKURU UBUZIMA

Amabwiriza mashya areba abagabo batonka

Amabwiriza mashya areba abagabo batonka
  • PublishedSeptember 26, 2023

Iyo ndi konsa umugabo wange biranezeza!” Umugore witwa Rachel yatanze ubuhamya bw’uburyo konsa umugabo bifite akamaro kuri we ndetse n’umugabo we

Umugore witwa Rachel Bailey w’imyaka 30 y’amavuko yatangarije abantu uburyo yonsa umugabo we Alexander n’uburyo byatangiye.

Ubwo uyu mugore yari ari kwitegura kubyara umwana we wa gatatu ndetse afite undi ari konsa nibwo yatangiye kujya yonsa umugabo we.

Umunsi umwe byabaye ngombwa ko Rachel n’umugabo we bajya kure bagasiga abana ndetse aho bari bagiye ntabwo bari bajyanye umwe bonsa.

Aho hantu bagombaga kumarayo iminsi ibiri, ubwo bari bari aho hantu bagiye, Rachel yatangiye kugira ikibazo kubera kutonsa ndetse biba ngombwa ko umugabo we azajya amufasha kwikama kugirango amashereka atazamutera indwara.

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *