AMAKURU Uncategorized

Inkomoko y’ikiremwa muntu ntivugwaho rumwe nabashakasatsi

Inkomoko y’ikiremwa muntu ntivugwaho rumwe nabashakasatsi
  • PublishedMay 18, 2023

abashakashatsi muri Canada na Reta Zunze Ubumwe za Amerika bashyize ahabona ubushakashatsi bakoze buvuguruza ibyari bisanzwe yibazwa ku mamuko y’ikiremwa-muntu muri Afrika.

Bashingiye ku makuru y’uduce ndangakamere [bashoboye kubona], abashakashatsi bo muri kaminuza za McGill University na University of California, Davis bavuga ko hari abantu benci baba mu bice bitandukanye bya Afrika, bimuka bava mu ruhande rumwe bajya mu rundi .

Ibyo Kandi bigaragaza ibihora byibazwa ko Homo Sapiens aturuka ku bisokuruza byabaye ahantu hamwe gusa muri Afrika y’epfo cyagwa y’uburasirazuba

“Mu bihe bitandukanye, abantu bemara ko Homo Sapiens aricyo kiremwa-muntu cyabayeho bwambere cyabonetse muri Afrika y’uburasirazuba cyagwa Afrika yepfo”, nk’uko bivugwa na Brenna Henn, umushakashatsi bwibisigazwa  byakwera muri kaminuza ya University of California, Davis akaba ari n’umwe mu bahagarariye ubwo bushakashatsi.

“Ariko ntibyoroshe gusubiza ibibazo byibazwa kubera ubuke bw’ibizwi ku bisigarira [byo mu kuzimu] n’iByigwa bya hahise usanga ahantu hategeranye nka Maroc, Ethiopia na Afrika y’Epfo byerekana ko Homo Sapiens yabaye kuri uwo mugabane mu myaka nibura 300.000 ishize”, nk’uko avuga.

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *