AMAKURU

Prezida Paul Kagame yasuye Abasenyewe n’ibiza byatewe n’invura

Prezida  Paul Kagame yasuye Abasenyewe n’ibiza byatewe n’invura
  • PublishedMay 13, 2023

Kumusi wejo hashize (kuwa gatanu) Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu karere ka Rubavu mu Burengerazuba bw’u Rwanda aho yasuye abaturage bashegeshwe n’ibiza by’imvura yateje imyuzure mu cyumweru gishize.

Ni uruzinduko rwaranzwe no gusura abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza muri site eshatu zitandukanye batujwemo mu karere ka Rubavu. Muri dutandatu twibasiwe, aka ni ko kapfushije abantu benshi, ibintu n’imitungo by’abaturage birasenyuka, ibindi birangirika.

Perezida Kagame wari uherekejwe n’abayobozi batandukanye, yanasuye inganda, imihanda n’amashuri byinci byangijwe n’ibiza.inkuru dukesha voa

Written By
CESAR

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *